๐—จ๐—ด๐—ฎ๐—ป๐—ฑ๐—ฎ :๐—จ๐—บ๐˜‚๐˜๐˜‚๐—ฟ๐—ฎ๐—ด๐—ฒ ๐˜†๐—ฎ๐—ฝ๐—ณ๐—ถ๐—ฟ๐—ถ๐˜†๐—ฒ ๐—บ๐˜‚๐—ฏ๐—ถ๐—ธ๐—ผ๐—ฟ๐˜„๐—ฎ ๐—ฏ๐˜†๐—ผ ๐—ธ๐˜„๐—ฎ๐—บ๐—ฎ๐—บ๐—ฎ๐˜‡๐—ฎ ๐—ก๐—ฅ๐— 

0
63

Igikuba cyacitseย  mu Karere ka Rubanda nyuma yโ€™uko umugore umwe yapfuye mu gihe cyโ€™ibirori byo kwamamaza umukandida wa NRM muri Rubanda East.

Uwitabye Imana ni Peace Zikanga, utuye mu mudugudu wa Rwenkunguru, mu kagari ka Bubaare, mu murenge wa Kibuzigye. Amakuru aturuka mu bitabiriye igikorwa avuga ko Peace yagaragaje imbaraga nyinshi mu kubyina mu birori byabereye ku isoko rya Mubuhinga Trading Centre, ariko nyuma yโ€™igihe gito yikubise hasi, agahita apfa.

Nyuma yโ€™icyo gikorwa, umuryango we nโ€™abaturage bahise batwara umurambo we mu rugo kugira ngo hatangire imyiteguro yo kumushyingura.

Nubwo ibi byababaje benshi, gahunda zo kwamamaza ntizihagaritswe, kuko abategura ibikorwa bakomeje nโ€™ibirori byabereye mu mujyi wa Hamuhambo Town Council mu masaha ya nyuma ya sa sita

Umuyobozi wa Polisi mu Karere ka Rubanda, Abel Barugahare, yemeje ibyabaye avuga ko nta bikorwa byโ€™ubugizi bwa nabi byabaye, ahubwo ari impanuka isanzwe.

Yasabye abaturage kwitwararika mu bikorwa bya politiki, byโ€™umwihariko mu gihe habayeho ibikorwa bisaba imbaraga nyinshi, ati:
“Ndakangurira buri wese kujya yitabira ibikorwa byo kwamamaza yitondeye ubuzima bwe, cyane cyane ahabera ibirori bisaba imbaraga nyinshi nkโ€™imbyino nโ€™imyidagaduro.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here