Rwanda: Amakuru mashya kuri Marburg – Abantu 11 bamaze gupfa abandi 25 barikuvurwa

0
58

Imibare mishya ya Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda, yatangaje mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki 02 Ukwakira 2024, yagaragaje ko undi muntu yishwe n’icyorezo cya Marburg bituma  umubare w’abamaze kwicwa n’iki cyorezo ugera kuri 11.

Minisante yagaragaje ko kandi kuri uwo munsi bandi bantu 7 byemejwe ko bafite virusi ya Marburg, bituma abamaze kuyandura bose baba 36,  mu gihe 25 ari bo bari kuvurwa

Soma amabwiriza mashya ya Minisiteri y’ubuzima ajyanye no kwirinda icyorezo cya Marburg. Kanda hano

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here