Birangiye umushumba wa kiliziya gatolika ku isi Papa Fransisiko apfuye nyuma ya Pasika
Papa Fransisiko, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi yose, yapfuye ku wa Mbere wa Pasika, tariki ya 21 Mata 2025, afite imyaka 88. Yapfiriye...
Ibyo ukwiye kumenya ku nkongi z’Umuriro Zabaye i Los Angeles no muri California
Byinshi ku nkongi z'Umuriro Zabaye i Los Angeles no muri California
Inkongi zabaye nyuma gato urwego rushinzwe kubigenzura rutabaje
Inkongi z’umuriro zabaye muri Mutarama 2025 mu...
kurandura igwingira mu bana byahawe umwihariko mu cyumweru cyahariwe ubuzima bw’umubyeyi n’umwana cya 2025
Icyumweru cyahariwe ubuzima bw’umubyeyi n'umwana, muri uyu mwaka wa 2025 (Maternal & Child Health week 2025) cyahawe umwihariko wo kurandura igwingira mu bana, nk'uko...
U Rwanda rugiye gutangira gukoresha imiti mishya ivura Malaria
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima mu Rwanda (RBC) kivuga ko kuva kuri uyu wa mbere, tariki 6 Mutarama 2025, mu bitaro byo mu gihugu hatangira...
Iby’Ingenzi wamenya ku butaka mbonekahacye buzwi nka rare earth elements
Ubutaka mbonekahacye, buzwi mu ndimi z’amahanga nka Rare Earth Elements (REEs), ni ibyuma biba mu butaka bigoye kuboneka mu buryo bworoshye no kubitunganya, ariko...
Perezida Kagame yifatanyije mu kababaro n’imiryango y’abishwe na Marburg
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame yavuze ko igihugu cyifatanyije mu kababaro n'imiryango y'abahitanywe n'icyorezo cya Maburg.
Yabigarutseho mu ijambo rye risoza umwaka wa...










