Massad Boulos wa Amerika yasuye ikirombe gicukurwamo ‘Wolfram’ nyinshi muri Afurika
Umujyanama Mukuru wa Perezida Donald Trump ku bibazo bya Afurika, Massad Boulos, yasuye ikirombe cy’amabuye y’agaciro cya Nyakabingo, gicukurwamo wolfram nyinshi muri Afurika, giherereye...
Abanyarwanda 314 batahutse bavuye muri DRC
Kuri uyu wa gatatu ku mupaka minini uhuza u Rwanda na DRC ahazwe nka La Corniche mu Karere ka Rubavu hakiriwe abanyarwanda 328 baturuka...
Kamonyi: GCS Rwanda Celebrates a Decade of Empowerment and Sustainable Development for Vulnerable People...
The Korean Civil Society Organization Global Civic Sharing (GCS) Rwanda celebrates a decade of empowerment and sustainable development in the Nyarubaka sector of Rwanda's...
Kagame na Tshisekedi bashobora guhura mbere yo kujya gusinya muri America
Minisiteri y'ububanyi n'amahanga y'u Bufaransa irimo gutegura inama mpuzamahanga izaba ku wa 25 Nyakanga 2025, igamije kwiga ku bibazo by’ubutabazi bwihutirwa mu burasirazuba bwa...
U Rwanda rwakiriye Inama ya 6 y’Isi yiga ku buhinzi buhuza n’amashyamba
Iyi nama yahuje inzobere mpuzamahanga mu buhinzi n’ubworozi, abashakashatsi, abashoramari, abayobozi b’inzego za leta n’abanyamuryango ba sosiyete sivile, bagamije gusangira ubunararibonye n’ubumenyi mu guteza...
Rwamagana: Umugore yishwe atemwe ijosi atewe n’igisongo mu myanya y’ibanga
Mu karere ka Rwamagana ho mu murenge wa Gahengeri Akagali ka Gihumuza habonetse umubiri w’umuntu bigaragarako yishwe akaswe ijosi.
Uyu mubiri n’uwumugore uri mukigero k’imyaka...
Abanyeshuri 25 biga muri green hills barafunzwe
Abanyeshuri 25 biga muri Green Hills International College yo mu ntara ya Gitega mu gihugu cy’u Burundi batawe muri yombi n’inzego z’umutekano nyuma y’imvururu...
Ibyo ukwiye kumenya ku nkongi z’Umuriro Zabaye i Los Angeles no muri California
Byinshi ku nkongi z'Umuriro Zabaye i Los Angeles no muri California
Inkongi zabaye nyuma gato urwego rushinzwe kubigenzura rutabaje
Inkongi z’umuriro zabaye muri Mutarama 2025 mu...
Uganda umusirikare yishwe arinze amafi
Umusirikare wo mu ngabo za Uganda (UPDF), Staff Sergeant Muhindo Johnson, yapfuye azize ibikomere yakomerekeye mu gitero cy’abagabo bitwaje intwaro bagabye ku borozi b’amafi...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yasinyanye amasezerano na Alliance and bioversity
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) ifatanyije n’Umuryango wa The Alliance of Bioversity International and CIAT batangaje kongera guhamya ubushake bwo gukomeza ubufatanye mu guhindura sisiteme...














