Uganda: Museveni yemejwe nk’umukandida wa NRM mu matora ya perezida
Komisiyo y’Amatora ya Uganda yemeje ko Perezida Yoweri Kaguta Museveni yemerewe kongera kwiyamamaza mu matora ateganyijwe kuba mu mwaka wa 2026.
Ibi bisobanuye ko Museveni,...
Rwamagana: Umugore yishwe atemwe ijosi atewe n’igisongo mu myanya y’ibanga
Mu karere ka Rwamagana ho mu murenge wa Gahengeri Akagali ka Gihumuza habonetse umubiri w’umuntu bigaragarako yishwe akaswe ijosi.
Uyu mubiri n’uwumugore uri mukigero k’imyaka...
Rubavu: Umwalimu yibye ababyeyi n’abalimu bagenzi be asaga ibihumbi 800
Umwarimu wo mu Karere ka Rubavu, wigisha mu ishuri ribanza rya Kinyanzovu akurikiranyweho gutekera imitwe ababyeyi babiri akabarya amafaranga ibihumbi 100 Frw abizeza kubashakira...
Uruhare rw’umubyeyi mu myigire n’imitsindire by’umwana
Abana barushaho gutera imbere , gutsinda no gukura neza no iyo abarimu n’ababyeyi bafatanyije. N’ ubwo ishuri ritanga amasomo ateguwe neza, ubufasha abana bahabwa...
Nafasha nte umwana wanjye witegura itangira ry’amashuri
Mu gihe ibiruhuko by’impeshyi birimo kurangira, ababyeyi benshi bibaza uko bafasha abana babo kwitegura umwaka mushya w’amashuri. Uhereye ku kubafasha kongera kwegerana n’inshuti kugeza...
Babyeyi tumenye ubuzima bwo mu mutwe bw’abana
Nk’ababyeyi n’abarezi, akenshi iyo turera twita ku buzima n’imikurire y’abana, tugakora uko dushoboye ngo barye neza, barare heza, bidagadure n’ibindi bibafasha gukura mu gihagararo....
AFC/M23 yashimiye ubwami bwa Qatar
Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryashimiye igihugu cya Qatar kubera uruhare rwacyo rukomeye mu gushaka ibisubizo by’amahoro ku ntambara ikomeje kwibasira Repubulika Iharanira...
Ingabo za Somaliya zishe umuyobozi mukuru wa Al Shabab
Minisiteri y’Ingabo ya Somalia yemeje kuri iki Cyumweru ko Hussein Moallim Hassan, umwe mu bayobozi bakuru ba al-Shabab wari umaze imyaka irenga 15 ari...
RDC Yihanangirije ku Gutangaza Konsila muri Goma Idahawe Uburenganzira Bwayo
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yibukije ko gushyiraho umuyobozi wa konsila w’igihugu cy’amahanga ku butaka bwayo bisaba kubanza guhabwa uburenganzira bwemewe...
RDC: Societe sevile iraburirako M23 igiye gutera Walikale
Ubuyobozi bwa Societe civille muri Walikale buraburira ku kongera kwiyongera kw’abasirikare b’Ingabo z’Inyeshyamba za AFC/M23 hano muri walikale guhera ku wa 14 Kanama 2025.
Fiston...














