Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yasinyanye amasezerano na Alliance and bioversity
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) ifatanyije n’Umuryango wa The Alliance of Bioversity International and CIAT batangaje kongera guhamya ubushake bwo gukomeza ubufatanye mu guhindura sisiteme...
Abo muri RCS nabo mu bari gukurikiranwaho inyerezwa ry’amafaranga ya APR fc
Urukiko rwa Gisirikare rwa Nyamirambo kuri uyu wa 13 Kanama 2025, rwatangiye kuburanisha abantu barenga 20 barimo abofisiye mu Ngabo z’u Rwanda, mu Rwego...
Umuti urinda abantu kwandura SIDA uragezwa mu gihugu hose:RBC
Inzego z’ubuzima zatangaje ko gahunda yo gutanga umuti utuma abantu batandura Virusi itera SIDA mu mezi abiri, ikomeje nubwo ikiboneka ku bitaro bike muri...
Ruswa iravuza ubuhuha mu biro bya Museveni
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yavuze ko abakozi bo mu biro bye bamunzwe na ruswa, bigera n’aho basaba abaturage amafaranga agera kuri miliyoni...
DRC: Inyeshyamba za CODECO zishe abantu batandatu
Abantu batandatu bishwe mu gitero cyagabwe n'abareanyi ba CODECO ku mugoroba wo ku cyumweru gushyira kuri uyu wa mbere taliki ya 11 Kamena 2025,...
Urubyiruko nirwo rufite ejo hazaza hubucuruzi bw’u Rwanda
Ku wa Kabiri tariki ya 5 Kanama 2025, ku kibuga cy’imurikagurisha i Gikondo hatangijwe ku mugaragaro Imurikagurisha Mpuzamahanga rya Kigali, risanzwe riba buri mwaka,...
Israel ishobora gufata Gaza yose
Minisitiri w’Intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu, aratekereza gufata igice cyose cya Gaza, ibintu bishobora gutuma habaho gusubira mu buryo bwo kuyiyobora nk’uko byari bimeze...
U Rwanda na Amerika byasinyanye amasezerano yo kwakira abimukira
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yageze ku masezerano na Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) yo kwakira abimukira bagera kuri 250, mu rwego rwo...
Harabura iminsi 21 ngo imurikagurisha mpuzamahanga ry’i Kigali ritangire
Mu gihe hasigaye iminsi 21 gusa ngo hatangire Imurikagurisha Mpuzamahanga ry’i Kigali ribera i Gikondo, abacuruzi, abashoramari ndetse n’abaturage b’u Rwanda n’abaturutse mu bindi...
Menya imiterere kamere y’u Rwanda
Uko ubutaka, ikirere, ibinyabuzima n’imibereho y’abantu bihuzwa n'uturere ndangamiterere tune tw’igihugu
U Rwanda ni igihugu gito ariko gifite ubutaka butandukanye cyane ku buryo butangaje. Buri...














