Alain Mukuralinda yasezeweho bwa nyuma
Uwari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Bernard Mukaralinda, witabye Imana mu ntangiriro za Mata 2025, yasezeweho bwa nyuma n’abo mu muryango, inshuti...
Massad Boulos wa Amerika yasuye ikirombe gicukurwamo ‘Wolfram’ nyinshi muri Afurika
Umujyanama Mukuru wa Perezida Donald Trump ku bibazo bya Afurika, Massad Boulos, yasuye ikirombe cy’amabuye y’agaciro cya Nyakabingo, gicukurwamo wolfram nyinshi muri Afurika, giherereye...
Abazungu bo muri Afurika y’epfo banze Icyemezo cya Trump cyo Kubaha Ubuhungiro muri USA
Mu kiganiro n’itangazamakuru cyatambutse ku wa 8 gashyantare 2025, aho abayobozi b’uyu muryango basobanuraga impamvu banze icyemezo cya Trump cyo guha ubuhungiro bamwe mu...
U Rwanda rwijeje umutekano abaturage barwo baturiye ahabera imirwano muri Congo
Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yavuze ko nubwo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hakomeje imirwano hagati y’umutwe wa M23 n’Ingabo...
M23 yatangaje ko yafunze ikirere cya Goma, ibuza indege kukigwaho ijya i Burundi
Mu itangazo ryo ku 26 mutarama,2025 ryasinyweho na Lawrence Kanyuka , ihuriro rya AFC/M23 yatangaje ko imaze gufunga ikirere cya Goma kuko ingabo ihanganye...
Trump yatangaje impinduka ku mategeko ajyanye no gushyigikira imodoka z’amashanyarazi
Trump yavuze ko azahagarika inkunga ishyigikira ikorwa ry’imodoka z'amashanyarazi nk'uko zari zateganijwe n’Itegeko rya "Inflation Reduction Act" y'inkunga za miliyari $145 zashyizweho na Biden...
Trump yakuyeho abashinzwe umutekano w’umujyanama we kuri COVID-19 Anthony Fauci
Ku wa gatanu tariki ya 24 Mutarama 2025, saa 3:04 z'umugoroba ku isaha ya EST / CBS/AP, Perezida Trump yakuyeho abashinzwe umutekano wa Dr....
Donald Trump Yarahiriye Kuba Perezida wa 47 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Yizeza “’Izahuka...
i Washington, D.C. Ku wa Mbere, tariki ya 20 Mutarama 2025, Donald Trump yarahiye nka Perezida wa 47 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu...
Vladimir Putin yishimiye Kurahira kwa Trump kuri Manda ya Kabiri
Donald Trump yarahiriye kuba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku nshuro ya kabiri, tariki ya 20 Mutarama 2025. Uyu muhango wakurikiwe n’ubutumwa...
2024 yabaye umwaka ufite ubushyuhe bukabije mu mateka y’isi
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bipimo n’ikirere, WMO, ryamaze gutangaza ko 2024 ari wo mwaka wagize ubushyuhe bukabije mu mateka, aho ubushyuhe bwiyongereye 1.55°C...














