Kubura imihango udatwite bishobora guterwa n’ikibazo gikomeye gikeneye kuvurwa
Kubura imihango ku bagore n’abakobwa, by’umwihariko abangavu ni kimwe mu bintu bibahangayikisha cyane cyane iyo bazi ko bakoze imibonano mpuzabitsina idakingiye.
Uretse ababura imihango bitewe...
‘Wakoze kuza’, amafaranga ya tike abasore b’i Kigali baha abakobwa bikarangirira mu buriri
Hari abangavu bo mu mujyi wa Kigali bavuga ko hari amafaranga abasore babaha iyo babasuye, bise ‘wakoze kuza’, bakayabaha nka tike nyamara ari mu...
Global Civic Sharing Rwanda transforms Rwandan education through school lunch support
Global Civic Sharing Rwanda, has donated funds to support primary and secondary schools in Nyarubaka Sector, Kamonyi District, under the "Dusangire Lunch" program. This...
MINISANTE itanze ibisobanuro ku ndwara bivugwa ko iri guhitana abantu mu Rwanda
Hashize iminsi ku mbuga nkoranyambaga hagaragara amakuru avuga ko mu Rwanda hari abantu barikwicwa n'indwara itaramenyekana, by'umwihariko abakora mu nzego z'ubuvuzi.
Mu itangaza Minisiteri y'Ubuzima...
Kurengera umwana: Abagurisha TINERI kubana basabwe kubicikaho mbere yuko bafatirwa ibihano
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imikurire no Kurengera umwana, NCDA, kivuga ko kizakomeza gukora ubukangurambaga kugira ngo abaha ‘Tineri’ abana babicikeho ariko hakaziyambazwa n’ibihano kubadashaka kubireka.
'Tinneur'...
Ngoma: Ba Mudugudu n’Inshuti z’Umuryango biyemeje gukumira GBV bahereye mu ngo zabo
Bamwe mu bayobozi b'imidugudu n'inshuti z'umuryango bo mu karere ka Ngoma, mu murenge wa Kibungo biyemeje kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina (GBV) bahereye mu...
Soya ishobora gutera ubugumba ku bagabo – Inzobere mu mirire
Inzobere mu mirire no kuboneza imirire, KWIZERA Philemon yemeza ko soya ishobora gutera ubugumba ku bagabo, mu gihe bayirya kenshi.
Soya, ni igihingwa cyo mu...
Mu Rwanda hagaragaye abantu babiri barwaye indwara y’ubushita bw’inkende (Mpox)
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima mu Rwanda (RBC) cyemeje ko mu Rwanda hamaze kugaragara abarwayi babiri b'indwara y’ubushita bw’inkende, Monkey Pox (Mpox), ndetse ko bari...
Ntabwo wabyibuha utariye – Inzobere mu mirire
Inzobere mu mirire no kuboneza Imirire, Mfiteyesu Leah avuga ko nta muntu ubyibuha atariye ko ahubwo abantu bagomba kwita ku bwoko bw’ibiribwa barya n'uko...
Huye: Urubyiruko rwahagurukiye kurwanya SIDA
Bamwe mu rubyiruko rwo mu karere ka Huye bavuga ko ubu bahagurukiye kurwanya SIDA, birinda gukora imibonano mpuzabitsina idakingiye.
Ikibazo cy’ubwandu bushya bwa Virusi itera...













