Wednesday, February 18, 2026

Kubura imihango udatwite bishobora guterwa n’ikibazo gikomeye gikeneye kuvurwa

Kubura imihango ku bagore n’abakobwa, by’umwihariko abangavu ni kimwe mu bintu bibahangayikisha cyane cyane iyo bazi ko bakoze imibonano mpuzabitsina idakingiye. Uretse ababura imihango bitewe...

‘Wakoze kuza’, amafaranga ya tike abasore b’i Kigali baha abakobwa bikarangirira mu buriri

Hari abangavu bo mu mujyi wa Kigali bavuga ko hari amafaranga abasore babaha iyo babasuye, bise ‘wakoze kuza’, bakayabaha nka tike nyamara ari mu...

Global Civic Sharing Rwanda transforms Rwandan education through school lunch support

  Global Civic Sharing Rwanda, has donated funds to support primary and secondary schools in Nyarubaka Sector, Kamonyi District, under the "Dusangire Lunch" program. This...

MINISANTE itanze ibisobanuro ku ndwara bivugwa ko iri guhitana abantu mu Rwanda

Hashize iminsi ku mbuga nkoranyambaga hagaragara amakuru avuga ko mu Rwanda hari abantu barikwicwa n'indwara itaramenyekana, by'umwihariko abakora mu nzego z'ubuvuzi. Mu itangaza Minisiteri y'Ubuzima...

Kurengera umwana: Abagurisha TINERI kubana basabwe kubicikaho mbere yuko bafatirwa ibihano

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imikurire no Kurengera umwana, NCDA, kivuga ko kizakomeza gukora ubukangurambaga kugira ngo abaha ‘Tineri’ abana babicikeho ariko hakaziyambazwa n’ibihano kubadashaka kubireka. 'Tinneur'...

Ngoma: Ba Mudugudu n’Inshuti z’Umuryango biyemeje gukumira GBV bahereye mu ngo zabo

Bamwe mu bayobozi b'imidugudu n'inshuti z'umuryango bo mu karere ka Ngoma, mu murenge wa Kibungo biyemeje kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina (GBV) bahereye mu...

Soya ishobora gutera ubugumba ku bagabo – Inzobere mu mirire

Inzobere mu mirire no kuboneza imirire, KWIZERA Philemon yemeza ko soya ishobora gutera ubugumba ku bagabo, mu gihe bayirya kenshi. Soya, ni igihingwa cyo mu...

Mu Rwanda hagaragaye abantu babiri barwaye indwara y’ubushita bw’inkende (Mpox)

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima mu Rwanda (RBC) cyemeje ko mu Rwanda hamaze kugaragara abarwayi babiri b'indwara y’ubushita bw’inkende, Monkey Pox (Mpox), ndetse ko bari...

Ntabwo wabyibuha utariye – Inzobere mu mirire

Inzobere mu mirire no kuboneza Imirire, Mfiteyesu Leah avuga ko nta muntu ubyibuha atariye ko ahubwo abantu bagomba kwita ku bwoko bw’ibiribwa barya n'uko...

Huye: Urubyiruko rwahagurukiye kurwanya SIDA

Bamwe mu rubyiruko rwo mu karere ka Huye bavuga ko ubu bahagurukiye kurwanya SIDA, birinda gukora imibonano mpuzabitsina idakingiye.  Ikibazo cy’ubwandu bushya bwa Virusi itera...

Stay connected

0FansLike
0FollowersFollow
0SubscribersSubscribe

Latest article

The Hottest Hairstyle at Fashion Week Is Not on the Runways

All right. Well, take care yourself. I guess that's what you're best, presence old master? A tremor in the Force. The last time felt...

Day 3 of Spring 2016 New York Fashion Week’s most inspiring

All right. Well, take care yourself. I guess that's what you're best, presence old master? A tremor in the Force. The last time felt...

Margaret Cho Designs Solitaire Jumpsuit For Betabrand

All right. Well, take care yourself. I guess that's what you're best, presence old master? A tremor in the Force. The last time felt...