Kurya usomeza : Ni bibi cyangwa ni byiza ?
Hari abantu bamwe bavuga ko kurya umuntu asomeza, yaba amazi cyangwa se ibindi binyobwa, ari bibi ku buzima, by’umwihariko igifu.
Abo bagatanga inama ko icyiza...
Soya ishobora gutera ubugumba ku bagabo – Inzobere mu mirire
Inzobere mu mirire no kuboneza imirire, KWIZERA Philemon yemeza ko soya ishobora gutera ubugumba ku bagabo, mu gihe bayirya kenshi.
Soya, ni igihingwa cyo mu...
Gusama uri mu mihango birashoboka – Ubushakashatsi
Hari imyumvire ifitwe n’abatari bacye ko mu gihe umugore cyangwa umukobwa akoze imibonano mpuzabitsina ari mu mihango adashobora gusa. “Ntabwo bishoboka. Impamvu nuko njye...
Ese koko Celeri zitera uburemba ku bagabo ! – Igisubizo cy’inzobere mu mirire
Ni imyumvire bigoye kumenya aho Abanyarwanda bayikuye nyamara ifitwe n’abatari bacye, bagira bati "Celeri ntabwo nazitekera umugabo !"
Impa uyu mugore na bagenzi be bahurizaho...
Kubura imihango udatwite bishobora guterwa n’ikibazo gikomeye gikeneye kuvurwa
Kubura imihango ku bagore n’abakobwa, by’umwihariko abangavu ni kimwe mu bintu bibahangayikisha cyane cyane iyo bazi ko bakoze imibonano mpuzabitsina idakingiye.
Uretse ababura imihango bitewe...
Kumara igihe gito mu mihango no kubona imihango micye bishobora kuba ikimenyetso cy’indwara runaka
Ubushakashatsi bwagaragaje ko kumara igihe gito uri mu mihango no kuva amaraso macye ugereranyije nuko bisanzwe, ibizwi nka light period, bishobora kuba ikimenyetso cy’indwara...
Ibintu birindwi ukwiye kwitaho mu gihe ukoresha agakingirizo
Agakingirizo ni bumwe mu buryo bwo kuboneza urubyaro, ariko kakagira n’umwihariko wo kurinda indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina,zirimo na Virusi itera SIDA.
Ishami ry’umuryango w’Ababumbye...
Ushobora kubyara abana b’impanga badahuje Se – Ubushakashatsi
Kubyara abana b’impanga ni ibintu bimenyerewe mu Rwanda ndetse no ku Isi yose. Ariko hari abibaza uko bigenda ngo umugore abyare abana b’impanga. Ese...
Kurangiza vuba: Ni nde ukeneye muganga ?
Iminota umugabo amara atera akabariro mbere yo gusoza icyo gikorwa, ni ingingo igarukwaho cyane mu biganiro bitandukanye, yaba ibinyura mu itangazamakuru ry’amajwi cg amashusho,...
Kutagaburira umwana amavuta bituma hari intungamubiri atabona
Inzobere mu mirire zigira inama ababyeyi kujya bashyira amavuta mu mafunguro bategurira abana babo kuko kutabikora bituma hari zimwe mu ntungamubiri z’ingenzi batabona kandi...














