Bill Gates na OMS bateguje icyorezo mu myaka 4 iri imbere
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), ryaburiye ibihugu bitandukanye ko bigomba kwitegura guhangana n’icyorezo gishya gishobora kwibasira Isi mu gihe cya vuba.
Ibi byatangajwe...
Rubavu schools and businesses close as DR Congo shells into Rwanda
Schools and businesses in Rubavu town were ordered to close temporary, and students were sent home, as heavy fighting erupted across the border with...
Rubavu: Amasasu ya FDLR yishe Abanyarwanda 5 abarenga 20 barakomereka
Imirwano ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa Congo, yagize ingaruka zikomeye ku mutekano w’Abanyarwanda bari hafi y'aho amasasu arimo kurasirwa, mu Rwanda abantu 5 bamaze...
Global Civic Sharing Rwanda transforms Rwandan education through school lunch support
Global Civic Sharing Rwanda, has donated funds to support primary and secondary schools in Nyarubaka Sector, Kamonyi District, under the "Dusangire Lunch" program. This...
Kwemerera ibigo nderabuzima gukuriramo umuntu inda: Intambwe ikomeye ku miryango yakoze ubuvugizi
Imwe mu miryango itari iya Leta, ikora ubuvugizi ku mategeko agenga ubuzima, by'umwihariko ubuzima bw'imyororokere, irishimira ko ibigo nderabuzima byemerewe gutanga serivisi yo gukuriramo...
‘Wakoze kuza’, amafaranga ya tike abasore b’i Kigali baha abakobwa bikarangirira mu buriri
Hari abangavu bo mu mujyi wa Kigali bavuga ko hari amafaranga abasore babaha iyo babasuye, bise ‘wakoze kuza’, bakayabaha nka tike nyamara ari mu...
Imibu itera Malaria yahinduye amayeri: Minisante yasabye ko hakazwa ingamba zirengagijwe
Minisiteri y'ubuzima mu Rwanda (Minisante) ivuga ko mu isuzuma yakoze mu turere twiganjemo Malaria muri iyi minsi, yasanze imibu itera iyi ndwara isigaye iruma...
Kurandura Malaria: Akarere ka Gisagara kasabiwe umwihariko
Urugaga rw’Amadini n’Amatorero mu Kubungabunga Ubuzima (RICH), bavuga ko bari gukora ubuvugizi kugira ngo Akarere ka Gisagara gahabwe umwihariko mu bijyanye no kurwanya Malaria,...
Iminsi 42 nta bwandu bushya: U Rwanda rwatsinze Marburg
Minisiteri y'Ubuzima mu Rwanda (Minisante) yatangaje, kuwa Gatanu tariki 20 Ukuboza 2024, ko U Rwanda rwatsinze icyorezo cya Maburg mu buryo budasubirwaho, nyuma yo...
Huye: Urubyiruko rwahagurukiye kurwanya SIDA
Bamwe mu rubyiruko rwo mu karere ka Huye bavuga ko ubu bahagurukiye kurwanya SIDA, birinda gukora imibonano mpuzabitsina idakingiye.
Ikibazo cy’ubwandu bushya bwa Virusi itera...













